14/04/2021
Ubuhinzi bw' umwuga. Dushyigikiyr iyi company ikorera mu karere kacu igamije guteze imbere urutoki n ibindi bihingwa birimo iminyomoro, avoca, amatunda,.....
SeddoInvest fait un zoom sur Real Green Gold Ltd. .
Ensemble soutenons les jeunes entrepreneurs!
25/10/2015
http://www.igihe.com/ubukungu/article/banki-y-isi-igiye-kuguriza-u-rwanda-amafaranga-asaga-miliyari-19
Banki y’Isi igiye kuguriza u Rwanda amafaranga asaga miliyari 19
Banki y’ Isi igiye guha u Rwanda ya miliyari 26 z’ Amadolari ya Amerika, agera kuri 19 344 910 000 Frw azakoreshwa mu bikorwa remezo n’ ibindi bikoresho bizafasha mu bucuruzi ku mipaka imwe y’inzira zo ku butaka no ku kibuga cy’ indege.
25/03/2014
Rayon Sports yatsinze APR FC yicara ku mwanya wa mbere
reba hano inkuru yose http://www.igihe.com/imikino/football/article/rayon-sports-yatsinze-apr-fc
Rayon Sports yatsinze APR FC yicara ku mwanya wa mbere
Rayon Sports yatsinze APR FC ibitego 2-1 ku munsi wa 21 wa Turbo King National Football League iyobora shampiyona mu gihe hasigaye imikino itanu, Rayon Sports inganya na APR FC amanota 49...
07/02/2014
Akarere kacu ka kirehe gakomeje kugaragaza itereambere mu mikorere cyane cyane mu kwihaza mu bikorwaremezo.
15/12/2012
Kwambara ikanzu ntibikiri iby'abarangiza kaminuza gusa. aba bana ni abo kuri Apeki Amizero Primary School ry’I Nyakarambi mu karere kacu bambaye ikanzu igaragaza ko barangije umwaka wa gatatu w’amashuri y’inshuke banahabwa impamyabumenyi. Bazatangira amashuri abanza muri 2013. Twiheshe agaciro.
08/12/2012
Intore z'abanyeshuri zigera ku 1200 zirimo gutorezwa ku ma site atandukanye mu karere kacu, zirasabwa kuba umusemburo w'amajyambere mu mirenge baturukamo no kurangwa n'indangagaciro na kirazira.
06/12/2012
Ku bufatanye n'umuterankunga GFI (Government Fund for Irrigation), hashatswe uburyo abaturage babona amzi yo kuhira imyaka imusozi. Uyu ni umwe mu miyoboro igomba kunyuzwamo amazi mu kibaya cy'ibiyaga bya Nasho. Ha 600 mu murenge wa Mpanga nizo zizuhirwa, bityo ikibazo cy'izuba kikagabanuka.
06/12/2012
Umuryango SWAA RWANDA ufatanya n'akarere mu kwita ku burezi bw'abana. Muri uyu mwaka SWAA RWANDA yafashije amarerero agera kuri 5 y'abatokubona ibikoresho by'abana. Ayo marerero ni: Mahama,Kigina, Musaza, Gahara na Mushikiri.
04/12/2012
Imibare y’agateganyo yo mu ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire rya 4 ryo ku wa 15/8/2012; irerekana ko u Rwanda rufite abaturage bagera kuri 10,537,222. Abagera kuri 338,562 ni abo mu Karere kacu.
02/12/2012
Ubu mu Karere kacu turishimira ko isabukuru y'imyaka 25 umuryango FPR INKOTANYI umaze ushinzwe igeze tumaze kubona amashanyarazi.
29/11/2012
Akarere kacu gakomeje gushimirwa ku buryo abaturage bako bita ku mashyamba.