Gisenyi Hospital

Gisenyi Hospital

Share

GISENYI HOSPITAL is a health facility located in Rubavu District, Western Province, Rwanda

23/12/2022

Ubuyobozi n'Abakozi b'Ibitaro bya babifurije Noheri nziza n'Umwaka mushya muhire wa 2023.

21/11/2022

Mu rwego rwo gukomeza gufsha abakeneye imiti kuyibona bitabagoye mu cyumweru cyo kuva kuri uyu wa 21 kugera ku wa 27 farumasi zo muri

zizasimburana ku izamu ku buryo bukurikira:

Photos from Gisenyi Hospital's post 30/09/2022

Nyuma y'uko mu Gihugu cy'abaturanyi cya hagaragaye icyorezo cya , Abayobozi b'Ibigo Nderabuzima byo muri
n'Abakozi babyo bashinzwe gukurikirana ibikorwa by'Abajyanama b'Ubuzima bongeye guhugurwa ku gukumira no kwirinda iki cyorezo
Mu rwego rwo gukomeza gukumira kandi biteganijwe ko abahuguwe uyu munsi,mu cyumweru gitaha bahugura Abajyanama b'Ubuzima mu Bigo Nderabuzima bakoreramo hanyuma nabo bakazageza ubutumwa ku baturage bahagarariye mu Midugudu n'Amasibo

Photos from Gisenyi Hospital's post 07/09/2022

Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro bya Gisenyi yakiriye itsinda ry'Abashyitsi baturutse muri rigizwe na Dr Rock na Adjein riri kumwe n'intumwa ya ryagenzwaga no kwigira ku buryo mu Rwanda Abajyanama b'Ubuzima batanga inzitiramibu ku baturage mu rwego rwo kurwanya Malaria.

Nyuma y'ibiganiro, iri tsinda ryasuye sites zitandukanye ku Bigo Nderabuzima bya Byahi na Kigufi mu rwego rwo kwirebera uko bikorwa. Muri rusange, abashyitsi bashimye uko igikorwa cyateguwe ndetse n'uruhare rw'Abajyanama b'ubuzima bagaragaza ko bize byinshi bizatuma banoza iyi gahunda iwabo.

Photos from Gisenyi Hospital's post 05/09/2022

Mu rwego rwo gukomeza gukoresha inzitiramubu ziteye umuti nka bumwe mu buryo bwizewe bwo kurwanya , kubufatanye na ndetse na
hatangiye igikorwa cyo gutanga izi nzitiramubu mu buryo bwa rusange ku baturage bo muri kuva kuri uyu wa 5 kugera kuwa 9/09/2022.

Muri iki gikorwa kiri gukorwa kubufatanye n'Ibigo Nderabuzima ndetse n'Abajyanama b'Ubuzima hazatangwa inzitiramibu ziteye umuti zigera kuri 321829 ku baturage batandukanye ba aho bari no kubanza gusobanurirwa uko bazazikoresha neza kugira ngo zizabashe kubarinda.

03/06/2022

Kubufatanye na Kaminuza y'u Rwanda(UR) na "Operation Smile",Ibitaro bya Gisenyi biramenyesha abantu bafite indwara y'ibibari by'imbere mu kanwa cg ibigaragara ku munwa ko abaganga b'inzobere bw'izo ndwara bazaza kuzivurira mu Bitaro bya Gisenyi guhera ku wa 5 kugera ku wa 8/06/2022.

18/05/2022

Ubuyobozi bw'Ibitaro bya Gisenyi buramenyesha abantu bose ko kuri 20/05/2022 saa 13h00 hateganijwe igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 abari abakozi babyo,Ibigo Nderabuzima, abarwayi,abarwaza n'abandi baguye muri ibi Bitaro no mu Bigo Nderabuzima muri Jenoside yakorewe abatutsi.

Photos from Gisenyi Hospital's post 17/05/2022

Mu gutangiza icyumweru cyahariwe ubuzima bw'umubyeyi n'umwana(16-20/05/2022) ababyeyi bibukijwe kugaruka ku nshingano zo kurera neza bakita ku isuku n'imirire by'abana ndetse no kuboneza urubyaro kugira ngo babashe kubabonera ibikenerwa byose by'ibanze bibafasha gukura neza.

Mu bikorwa birikwibandwaho muri iki cyumweru harimo gutanga vitamin A,ifu ya ongera no gupima imikurire ku bana bafite kuva ku mezi 6 kugera kuri 59,gutanga ibinini bya Mebendazole kuva ku mezi 12 kugera kuri 59,gukingira abari munsi y'imyaka 5 bacikanywe no kuboneza urubyaro.

25/04/2022

Uko Farumasi zo mu Karere ka Rubavu zizasimburana ku gukora izamu mu cyumweru cyo kuva kuwa 25/04/2022 kugeza kuwa 01/05/2022

Abaganga b'inzobere bavuye 167 bari bamaranye igihe indwara z'Igifu n'amara. 29/03/2022

Ku bufatanye n'Ihuriro ry'abaganga b'indwara zo mu nda (Endoscopic Fellowship Group) Abarwayi 167 bari bafite ibibazo mu gifu no mu gice cy'amara cyo hejuru basuzumwe n'Abaganga b'inzobere baturutse muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu buryo bwihariye ahifashishijwe imashini harebwa ibibazo bitandukanye bafite mu nda barabisobanurirwa banahabwa imiti yo kubafasha.
Abarwayi bitabiriye iki gikorwa bashima ubu buryo Ibitaro bya Gisenyi byatangije bwo kubazanira inzobere zivura indwara zitandukanye zikabavurira hafi mu batagowe no kuzisanga mu Mujyi wa Kigali no mu mahanga bagasaba ko byajya bikorwa ku buryo buhoraho.

Abaganga b'inzobere bavuye 167 bari bamaranye igihe indwara z'Igifu n'amara. Ku bufatanye n'Ihuriro ry'abaganga b'indwara zo mu nda (Endoscopic Fellowship Group) Abarwayi 167 bari bafite ibibazo mu gifu no mu gice cy'amara cyo hejuru basuzumwe n'Abaganga b'inzobere baturutse muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu buryo bwihariye ahifashishijwe imashini harebwa ibibazo bitanduk...

Want your business to be the top-listed Government Service in Rubavu?

Click here to claim your Sponsored Listing.

Location

Telephone

Address


Rubavu, West
Rubavu